New Lyrics

MUTIMA – Bazavuga Lyrics

MUTIMA - Bazavuga Lyrics
MUTIMA – Bazavuga Lyrics

MUTIMA – Bazavuga Lyrics Niz Beatz on Mix

Bazavuga ariko sinzigera mbitaho kuko ngukunda wowe
Kuki uncinja ibyo njye ntakoze
Mbabarira wumve amagambo nkubwira
Ndagukunda kuburyo ntaguhemukira
Uburyo umbonamo siko ndi
Ivanemo ibyo utecyereza bitankwiriye yeah yeah
Wongere ungarurire icyizere cher
Twongere twibanire nk’ibisanzwe
Maze utegereze ikizakuviramo inyungu

Wibaza wanciye iki
Wumva amagambo vuba
Ntubanza ngo urebe
Ibyo bakubwira niba aribyo

Wibaza wanciye iki
Wumva amagambo vuba
Ntubanza ngo urebe
Ibyo bakubwira niba aribyo

Ndacyeka ko umunsi umwe uzansiga
Kubera kunkuraho icyizere
Nabonaga utinda kumva ay’abandi
Mbabarira unyumve kabiri
Nz’umutima wawe nuko utera ndabyumva
Erega kw’isi ntanumwe musa
Ndagukunda nukuri

Wibaza wanciye iki
Wumva amagambo vuba
Ntubanza ngo urebe
Ibyo bakubwira niba aribyo

Wibaza wanciye iki
Wumva amagambo vuba
Ntubanza ngo urebe
Ibyo bakubwira niba aribyo

Ese wowe wambwira
Kuba natandukana nawe
Nabyumva ute hoooya
Byancengura byancengura mumutima

QOUNFUZED x HOLY TEN – GEORGINA Lyrics

Related Articles

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Back to top button